December 2025

Bungabunga Ubuzima Bwawe Bwa buri Munsi hamwe na Igeno Gate Rwanda: Imyitwarire Yoroheje Abita kubandi/Caregivers Bagufashamo.

Health and wellness caregivers from Igeno Gate Rwanda guiding daily healthy habits including hydration, exercise, hygiene, and monitoring.

Gukomeza ubuzima bwiza ntibisaba impinduka zikomeye cyangwa ibintu byisumbuye mu buvuzi. Kenshi, ni imyitwarire yoroheje yo ku munsi ku munsi—niba ikozwe neza—ishobora kuzamura imbaraga, kurwanya indwara no guteza imbere imibereho rusange. Igeno Gate Rwanda, hamwe n’ababitaho/Caregivers bacu n’abaforomo babigize umwuga, dufasha abantu gushyiraho no gukomeza izo ngamba z’ingenzi, ku buryo ziba nziza, zizewe kandi zihoraho. […]

Bungabunga Ubuzima Bwawe Bwa buri Munsi hamwe na Igeno Gate Rwanda: Imyitwarire Yoroheje Abita kubandi/Caregivers Bagufashamo. Read More »

Improve Your Daily Health with Igeno Gate Rwanda: Simple Habits Guided by Our Caregivers

Health and wellness caregivers from Igeno Gate Rwanda guiding daily healthy habits including hydration, exercise, hygiene, and monitoring.

Maintaining good health does not always require major changes or complex medical interventions. In many cases, consistent everyday habits—when done correctly—can significantly improve overall wellbeing. At Igeno Gate Rwanda, our caregivers and professional nursing teams work closely with clients to strengthen these essential routines, ensuring safe, practical, and sustainable lifestyle practices for individuals of all

Improve Your Daily Health with Igeno Gate Rwanda: Simple Habits Guided by Our Caregivers Read More »

Uko Serivisi zo Kwita ku Barwayi (Caregiving) Zifasha Mu Gukumira Isubira kwa Benshi mu Bitaro

A professional caregiver in blue scrubs supporting an elderly man at home, symbolizing safe recovery and reduced hospital readmissions, with the title “How Caregiving Services Prevent Hospital Readmissions” and the Igeno Gate Rwanda logo.

Gufasha abarwayi gukira neza nyuma yo kuva mu bitaro binyuze mu kubitaho umunsi ku wundi, gukurikiza imiti neza, no kwimakaza imyitwarire myiza y’ubuzima. By Igeno Gate Rwanda – Serivisi zizewe zo Kwita ku Barwayi Mu Rugo Iyo umurwayi avuye mu bitaro, agaruka mu rugo aba akeneye umutekano n’ubufasha buhamye bwo gukira neza. Ariko kenshi, abantu

Uko Serivisi zo Kwita ku Barwayi (Caregiving) Zifasha Mu Gukumira Isubira kwa Benshi mu Bitaro Read More »

Shopping Cart