IBIRANGA UWITA KUBANDI (CAREGIVER) MWIZA: UBUMENYI 7 BW’INGENZI (N’uko Wabuteza Imbere)
Umwuga wo kwita ku bandi (caregiving) si akazi gasanzwe, ni umuhamagaro w’ineza n’ubupfura. Imiryango iba yizeye ababitaho mu kurengera ababo bakunda cyane, bityo bisaba umutima, ubushishozi n’ubunyamwuga. Muri Igeno Gate Rwanda, twemera ko buri wese ufite umutima wo gufasha abandi ashobora kuba uwita kubandi w’umwuga binyuze mu mahugurwa n’ubufasha bukwiye. None se, ni ibihe biranga […]
IBIRANGA UWITA KUBANDI (CAREGIVER) MWIZA: UBUMENYI 7 BW’INGENZI (N’uko Wabuteza Imbere) Read More »




